Umuryango wa Bibiliya mu Rwanda ku bufatanye n’Inama y’igihugu y’abafite ubumuga batangaje ko ubu mu Rwanda hasohowe Bibiliya yanditse mu nyandiko ya Braille igenewe abafite ubumuga...
Mu masaha y’umugoroba kuri uyu Wa Gatatu tariki 06, Mutarama, 2021 nibwo Ubushinjacyaha bwarekuye umunyemari Paul Muvunyi wari umaze iminsi afunganywe n’abandi barimo (Rtd) Col Eugene...
Ubwo haburaga amasaha make ngo Abanyarwanda bizihize ivuka rya Yezu nibwo umunyemari Paul Muvunyi yatawe muri yombi. Afungiwe kuri stasiyo ya Polisi i Remera. Taarifa yaperereje...