Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Doumbouya Ati: ‘ Guinea N’u Rwanda Twabaye Umwe’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Doumbouya Ati: ‘ Guinea N’u Rwanda Twabaye Umwe’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 January 2024 8:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Agikandagira mu gihugu cye, Perezida Mamadi Doumbouya yanditse kuri X ko we n’itsinda yari yazanye naryo mu Rwanda bishimiye uko bakiriwe. Asanga kugeza ubu Abanyarwanda n’abanya Guinea ari abavandimwe, bahuriye ku mubano wa kivandimwe uranga Abanyafurika.

Yanditse ati: “ Mvuye mu ruzinduko rwaranzwe n’ibikorwa by’ingirikamaro hagati y’Abanyarwanda n’abanya Guinea. Ndashimira Perezida Paul Kagame n’Abanyarwanda bose uko banyakiriye, njye n’itsinda ryanjye ndetse n’Umufasha wanjye.”

Avuga ko ruriya ruzinduko rwabaye uburyo bwo gushyiraho urufatiro rukomeye rw’umubano hagati y’Abanyarwanda n’abaturage ba Guinea.

Uyu mugabo yageze mu Rwanda ku wa Kane mu masaha y’umugoroba aje mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu.

Yakiriwe na mugenzi we Paul Kagame, asura urwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi akora n’ibindi bikorwa byari byamuzinduye nk’Umukuru w’igihugu wari waje mu ruzinduko rw’akazi.

Ibyo birimo no gufungura Ambasade y’iki gihugu mu Rwanda.

TAGGED:AbanyarwandaDoumbouyafeaturedGisoziGuineaJenosideKagamePerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwahawe Kuyobora Ingabo Za EAC
Next Article Gakenke: Umunyamakuru Yafungiwe Gutanga ‘Sheke Itazigamiwe’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwinjira Muri Amerika Bigiye Kugora Abakoresheje Imbuga Nkoranyambaga Uko Itabishaka

Harakurikiraho Iki Nyuma Y’Ifatwa Rya Uvira?

M23 Yemeza Ko Yinjiye Muri Uvira, Guverineri Akabihakana

Abazitabira Igitaramo Cya Alexis Dusabe Bazagura Tike Kuri Airtel Money 

Mozambique: Perezida W’Inteko Kazarwa Yasuye Isoko Ryubatswe Mu Mwaka Wa 1900

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

U Rwanda Rufunze Abanyamahanga 500 -RCS

You Might Also Like

Mu Rwanda

Bugesera: Abaturage Bugarijwe N’Inzara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyamahanga Benshi Bafungiwe Mu Rwanda Ni Abo Muri EAC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tanzania: Abaturage Bategetswe Kuguma Mu Rugo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tshisekedi Arabwira Inteko Iby’Ingenzi Aherutse Kwemeranya Na Perezida Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?