Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Doumbouya Ati: ‘ Guinea N’u Rwanda Twabaye Umwe’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Perezida Doumbouya Ati: ‘ Guinea N’u Rwanda Twabaye Umwe’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 January 2024 8:20 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Agikandagira mu gihugu cye, Perezida Mamadi Doumbouya yanditse kuri X ko we n’itsinda yari yazanye naryo mu Rwanda bishimiye uko bakiriwe. Asanga kugeza ubu Abanyarwanda n’abanya Guinea ari abavandimwe, bahuriye ku mubano wa kivandimwe uranga Abanyafurika.

Yanditse ati: “ Mvuye mu ruzinduko rwaranzwe n’ibikorwa by’ingirikamaro hagati y’Abanyarwanda n’abanya Guinea. Ndashimira Perezida Paul Kagame n’Abanyarwanda bose uko banyakiriye, njye n’itsinda ryanjye ndetse n’Umufasha wanjye.”

Avuga ko ruriya ruzinduko rwabaye uburyo bwo gushyiraho urufatiro rukomeye rw’umubano hagati y’Abanyarwanda n’abaturage ba Guinea.

Uyu mugabo yageze mu Rwanda ku wa Kane mu masaha y’umugoroba aje mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu.

Yakiriwe na mugenzi we Paul Kagame, asura urwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi akora n’ibindi bikorwa byari byamuzinduye nk’Umukuru w’igihugu wari waje mu ruzinduko rw’akazi.

Ibyo birimo no gufungura Ambasade y’iki gihugu mu Rwanda.

TAGGED:AbanyarwandaDoumbouyafeaturedGisoziGuineaJenosideKagamePerezida
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwahawe Kuyobora Ingabo Za EAC
Next Article Gakenke: Umunyamakuru Yafungiwe Gutanga ‘Sheke Itazigamiwe’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RIB Yafunze ‘Umunyamakuru’ Ukurikiranyweho Urugomo

AFC/M23 Ishinja Leta Ya Kinshasa Kutubahiriza Ibyo Guhana Imfungwa

Rulindo: Yari Amaze Igihe Acurururiza Urumogi Iwe

Gisagara: Haturikijwe Grenade Abaturage Bacikamo Igikuba 

Ubusuwisi: Abantu 40 Bahiriye Mu Kabari 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bunyoni Ararembye

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kigali: Yadukiriye Imodoka Ziparitse Mu Mujyi Azimena Ibirahure Atarobanura

Rwanda: Undi Mupolisi Yishwe N’Umuntu Wamugonze

Icyongereza Gike, Imiyoborere Idahwitse…Bimwe Mu Byatumye Abayobora Amashuri Birukanwa

You Might Also Like

Mu Rwanda

Karongi: Bwa Mbere Mu Mateka Harasiwe Umwaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?