Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ubutasi Bw’Amerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yaganiriye N’Abayobora Ubutasi Bw’Amerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 November 2023 8:54 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda aherutse kwakira itsinda riyobowe n’Umuyobozi w’Urwego rw’Ubutasi rw’Amerika witwa Avril Haines.

Ku rukuta rwa X rwa Perezidansi y’u Rwanda handitse ko itsinda rya Haines ryaganiriye na Perezida Kagame ku ngingo zitandukanye ariko cyane cyane ku mutekano muke uri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Umutekano muke muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo uhangayikishije isi kubera ko wajemo n’ikibazo cyo kwibasira abavuga Ikinyarwanda.

Mu minsi ishize hari raporo zivuguruzanya zatangajwe n’impande zitandukanye zemeza ko hari ingabo z’Uburundi zinjiye rwihishwa muri DRC gufasha ingabo za DRC n’abo zifatanyije nabo barimo FDLR na Wazalendo.

Perezida wa DRC  Felix Tshisekedi aherutse kuvuga ko yiteguye gukoresha uburyo bwose ngo akemure ikibazo cy’umutekano muke avuga ko aterwa n’u Rwanda.

U Rwanda rwavuze ko ijambo rye ari iryo gufatana uburemere kubera ko nta jambo ry’Umukuru w’igihugu rivugwa ngo rigire uburemere buke.

Ku rundi ruhande, u Rwanda ruvuga ko nta ntambara zazana amahoro muri aka karere ahubwo ko ibiganiro ari byo bikwiye kwimirizwa imbere.

TAGGED:DRCfeaturedKagameRwandaUbutasi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mujawamariya Yasabye Abaturage Kutumva Ko Hari Uzaza Kubasanira Inzu
Next Article Gicumbi: Umukobwa Yatwitse Umugabo Wamuteye Inda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Bafatanywe Amadolari Y’Amakorano

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Tchad: Hadutse Intambara

Dr. Mugemana Wavuraga Rayon Sports Yapfuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Izashora Miliyari $100 Zo Gucukura Petelori Ya Venezuela

Ikigo Rio Tinto Kigiye Kwihuza Na Glencore Bikore Icya Mbere Ku Isi Gicukura Amabuye Y’Agaciro

Raporo Ya UN Ihamya Ko Kinshasa Igikorana Na FDLR

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Ambasaderi Wa Brésil Atanga Ikizere Ko Visit Rwanda Izagera Iwabo

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

DJ Toxxyk Hari Ibyo Yemeye Mu Rukiko Ibindi Arabihakana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Rwanda: Abakozi Ba Leta Basabwe Kwiga Ikoranabuhanga Ry’Ubwenge Buhangano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?