Perezida Kagame Yakoreye Isabukuru Ye Y’Amavuko Muri Samoa

Kagame yizihirije umunsi we w'amavuko mu birwa bya Samoa

Paul Kagame yizihirije umunsi we w’amavuko aho ari mu birwa bya Samoa. Yagiye yo yitabiriye Inama ya CHOGM, Umuryango w’ibihugu bikoresha Icyongereza akaba ari nawe ubiyoboye mu myaka ibiri.

Perezida Paul Kagame yavutse taliki 23, Ukwakira, 1957, ubu akaba yujuje imyaka 67 y’amavuko.

Mu birwa bya Samoa aho yagiriye isabukuru ye y’amavuko, Perezida Kagame yakorewe ibirori na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Amb Olivier Nduhungirehe, Ambasaderi w’u Rwanda mu Bwongereza no mu birwa bya Samoa Amb Johnston Busingye, Umuyobozi wa RDB Francis Gatare, Minisitiri w’ibikorwaremezo Dr. Gasore Jimmy n’abandi.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version