Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yazamuye Mu Ntera Abasirikare Bakuru Bane
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yazamuye Mu Ntera Abasirikare Bakuru Bane

Last updated: 18 June 2021 11:35 pm
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera abasirikare bakuru bane bagirwa ba Colonel, barimo Lt Col Jean Paul Nyirubutama wahise agirwa Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Urwego Rushinzwe Iperereza n’umutekano w’Igihugu. Yungirije Maj Gen Joseph Nzabamwita.

Abandi basirikare bazamuwe mu ntera ni Lt Colonel Kalisa Callixte, Lt Col Francis Ngabo Sebicundanyi na Lt Col Ronald Rwivanga.

Ba Lt Col Nyirubutama, Kalisa na Ngabo bazamuwe mu ntera nyuma yo kurangiza amasomo mu bijyanye n’umutekano, mu ishuri rikuru rya gisirikare i Nyakinama mu Karere ka Musanze.

Ni umuhango uheruka kuyoborwa na Perezida Paul Kagame. Hasoje abofisiye bakuru 47.

Mu basoje amasomo, Lt Col Nyirubutama wabaye Umuyobozi wungirije wa RwandAir ni we waje ku mwanya wa mbere. Lt Col Ngabo yaje ku mwanya wa Kabiri.

Lt Col Ronald Rwivanga asanzwe ari Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, mu gihe Lt Col Kalisa akora muri Minisiteri y’Ingabo.

TAGGED:featuredLt Col NyirubutamaRDF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article ‘Gira So Yiturwa Indi,’ Ineza Bagiriwe Nabo Bayigirira Abandi
Next Article Ikinyejana Cya 21 Cyugarijwe N’Ibibazo-Min Gatabazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

Umugabo W’i Gakenke Yafatiwe I Burera Afite Ibilo 20 By’Urumogi Avanye Muri Uganda

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abanigaga Abantu Mu Ijoro Batashye

Ubushinwa Bwatangiye Gukoresha Robo Zikora Gipolisi Mu Muhanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Tanzania: Baratora Perezida N’Abadepite 

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

You Might Also Like

Ubukungu

U Rwanda Rugiye Kuzuza Ikigega Cya Gazi Yakoreshwa Amezi Abiri Ntayitumijwe Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Ari Muri Qatar Mu Kwigira Hamwe N’Abandi Icyarushaho Guteza Imbere Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

‘Rwabuze Gica’ Hagati Ya Ndayishimiye N’Abacuruza Lisansi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?