Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Perezida Kagame Yazamuye Mu Ntera Abasirikare Bakuru Bane
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yazamuye Mu Ntera Abasirikare Bakuru Bane

admin
Last updated: 18 June 2021 11:35 pm
admin
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yazamuye mu ntera abasirikare bakuru bane bagirwa ba Colonel, barimo Lt Col Jean Paul Nyirubutama wahise agirwa Umunyamabanga Mukuru wungirije w’Urwego Rushinzwe Iperereza n’umutekano w’Igihugu. Yungirije Maj Gen Joseph Nzabamwita.

Abandi basirikare bazamuwe mu ntera ni Lt Colonel Kalisa Callixte, Lt Col Francis Ngabo Sebicundanyi na Lt Col Ronald Rwivanga.

Ba Lt Col Nyirubutama, Kalisa na Ngabo bazamuwe mu ntera nyuma yo kurangiza amasomo mu bijyanye n’umutekano, mu ishuri rikuru rya gisirikare i Nyakinama mu Karere ka Musanze.

Ni umuhango uheruka kuyoborwa na Perezida Paul Kagame. Hasoje abofisiye bakuru 47.

Mu basoje amasomo, Lt Col Nyirubutama wabaye Umuyobozi wungirije wa RwandAir ni we waje ku mwanya wa mbere. Lt Col Ngabo yaje ku mwanya wa Kabiri.

Lt Col Ronald Rwivanga asanzwe ari Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, mu gihe Lt Col Kalisa akora muri Minisiteri y’Ingabo.

TAGGED:featuredLt Col NyirubutamaRDF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article ‘Gira So Yiturwa Indi,’ Ineza Bagiriwe Nabo Bayigirira Abandi
Next Article Ikinyejana Cya 21 Cyugarijwe N’Ibibazo-Min Gatabazi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Andi makuruMu Rwanda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?