Perezida Kagame Yahuriye Na Tony Blair Mu Nama Yiga Kuri COVID-19 Muri Afurika

Kuri uyu wa Kane tariki 01, Mata, 2021 Perezida Paul Kagame yitabiriye inama ivuga ko ngaruka COVID-19 yagize kuri Afurika n’uburyo bwo guhangana nazo.

Iriya nama yitabiriwe n’abandi banyacyubahiro barimo na Bwana Tony Blair wigeze kuba Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza.

Iriya nama yabaye hifashishijwe ikoranabuhanga, ikaba yarateguwe n’Ikigo kitwa Institute GC kiyoborwa na Blair.

Indi ngingo yaganiriwe ho ni uburyo inkingo za kiriya cyorezo cyagera hirya no hino muri Afurika kandi rudahenze.

- Advertisement -

Iriya nama kandi yitabiriwe n’Umuyobozi w’Ikigo mpuzamahanga cy’ubucuruzi Madamu Dr Ngozi Okonjo Iweala, Dr John Nkengasong wo mu Muryango w’Afurika yunze ubumwe n’abandi.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version