Perezida Wa Liberia Yananiwe Kuvuga Kubera Umutima

Joseph Boakai uyobora Liberia aherutse kunanirwa kurangiza ijambo yagezaga ku baturage kubera ko umutima wari wananiwe.

Ni ibyemezwa n’abaganga be. Icyakora ngo ubu ameze neza.

Uyu mugabo ugeze mu zabukuru niwe muyobozi ukuze kurusha abandi bayoboye iki gihugu.

Afite imyaka 79 y’amavuko, ubu yasubiye mu mirimo ye.

- Advertisement -

Aherutse gutorerwa kuyobora Liberia nyuma yo gutsinda George Weah w: imyaka 57 y’amavuko.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version