Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RDF Irashaka Kongera Umubare W’Abagore Bayijyamo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

RDF Irashaka Kongera Umubare W’Abagore Bayijyamo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 July 2023 6:52 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuvugizi w’ingabo z’u Rwanda Brig Gen Ronald Rwivanga yaraye abwiye itsinda ry’abasore n’inkumi b’Abanyarwanda ariko baba mu mahanga ko umubare w’ab’igitsina gore binjizwa mu ngabo uzongerwa.

Intego ni uko uva kuri 7% ukagera kuri 30% mu gihe gito kiri imbere.

Brig Gen Rwivanga avuga ko bigomba gukorwa hazirikanwa uruhare rukomeye ab’igitsina gore bagize mu rugamba rwo kubohora u Rwanda.

Abasore n’inkumi 65 bose bari baje kuri Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda kuganirizwa ku rugendo rwo kubohora u Rwanda n’uruhare ingabo z’u Rwanda zabigizemo ndetse n’urwo zikomeje kugira mu kubaka iterambere ryarwo.

Bakiriwe kandi na Lt Col Vincent Mugisha ushinzwe ishami ry’ingabo z’u Rwanda rihuza abasirikare n’abasivili bita Civil Military Relations Department.

Umwe mu bagize ririya tsinda witwa Yannick Bandora yavuze ko ari ubwa mbere ageze mu Rwanda ariko ngo yashimiye uko rusa.

Uyoboye ririya tsinda witwa Kennedy Bizimana akaba asanzwe aba mu Bubiligi avuga ko iyo we na bagenzi be bagize amahirwe yo kuza mu Rwanda, baba babonye n’andi yo kurumenya kurushaho binyuze mbere na mbere mu kwiga amateka yarwo.

Avuga ko bituma bakomeza no kuzirikana umuco w’iwabo kandi bagasubira mu bihugu babamo biyemeje kuzakomeza guteza u Rwanda imbere mu ngeri zitandukanye.

Urubyiruko ruba mu mahanga rwasobanuriwe uko kubohora u Rwanda byagenze n’aho kuryubaka bigeze
TAGGED:AbagoreAmahangafeaturedIngaboRwandaRwivangaUrubyiruko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kigali: Ufite Ubumuga Yafatanywe N’Abandi Bibaga Telefoni
Next Article Umusirikare W’u Rwanda Wiciwe Muri Centrafrique Yasezeweho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?