Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RDF Iri Kuvura Ingabo Za DRC Zahungiye Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

RDF Iri Kuvura Ingabo Za DRC Zahungiye Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 January 2025 1:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibereho mibi no gukomerekera ku rugamba byatumye abasirikare ba DRC baherutse guhungira mu Rwanda bitabwaho n’ingabo zarwo.

Kuri uyu wa Mbere nibwo abasirikare bagera ku 100 bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bageze mu Rwanda binjirira mu Karere ka Rubavu nyuma yo gushushubikanywa na M23.

Ubarebye ku jisho wabonaga ko bananiwe, bakeneye kurya neza no kuruhuka, kandi abafite ubuzima bubi bakavurwa.

Bakigera mu Rwanda bambuwe intwaro, bajyanwa ahantu habugenewe ngo bitabweho.

Nubwo abenshi ari abagabo ubona ko bakuze, muribo harimo n’abakiri bato, ubona ko bazahajwe n’igihe bamaze mu ntambara.

Imirwano yari imaze iminsi ibera muri Goma no mu nkengero zayo niyo yatumye babona ko ubuzima bwabo bwarushaho kurokoka bahungiye mu Rwanda.

Amashusho ari kuri X arerekana abasirikare b’u Rwanda mu ishami ry’ubuvuzi bari kuvura abo basirikare ba Congo.

Bamwe barapfuka ibisebe abandi bakabasuzuma umutima ndetse n’izindi ngingo ngo harebwe ko abafite ubuzima bubi bafashwa, bakavurwa.

TAGGED:CongoIngaboIntambaraM23RDF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amataliki Ya Tour Du Rwanda 2025 Yatangajwe
Next Article Nta Musirikare Wa DRC Tuzahatira Gusubira Iwabo- Amb Karega
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Nyagatare: Batashye Isoko Risakaye Bari Barifuje Igihe Kirekire

Urwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abayahudi Baruhumanyije

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umukino Urangiza Irushanwa ‘Gicanda Invitation 2025’ Urabera Kigali Pele Stadium

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushaka Kuba Igihugu Gikize Byuzuye-Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?