Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RDF Iri Kuvura Ingabo Za DRC Zahungiye Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

RDF Iri Kuvura Ingabo Za DRC Zahungiye Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 January 2025 1:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imibereho mibi no gukomerekera ku rugamba byatumye abasirikare ba DRC baherutse guhungira mu Rwanda bitabwaho n’ingabo zarwo.

Kuri uyu wa Mbere nibwo abasirikare bagera ku 100 bo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo bageze mu Rwanda binjirira mu Karere ka Rubavu nyuma yo gushushubikanywa na M23.

Ubarebye ku jisho wabonaga ko bananiwe, bakeneye kurya neza no kuruhuka, kandi abafite ubuzima bubi bakavurwa.

Bakigera mu Rwanda bambuwe intwaro, bajyanwa ahantu habugenewe ngo bitabweho.

Nubwo abenshi ari abagabo ubona ko bakuze, muribo harimo n’abakiri bato, ubona ko bazahajwe n’igihe bamaze mu ntambara.

Imirwano yari imaze iminsi ibera muri Goma no mu nkengero zayo niyo yatumye babona ko ubuzima bwabo bwarushaho kurokoka bahungiye mu Rwanda.

Amashusho ari kuri X arerekana abasirikare b’u Rwanda mu ishami ry’ubuvuzi bari kuvura abo basirikare ba Congo.

Bamwe barapfuka ibisebe abandi bakabasuzuma umutima ndetse n’izindi ngingo ngo harebwe ko abafite ubuzima bubi bafashwa, bakavurwa.

TAGGED:CongoIngaboIntambaraM23RDF
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amataliki Ya Tour Du Rwanda 2025 Yatangajwe
Next Article Nta Musirikare Wa DRC Tuzahatira Gusubira Iwabo- Amb Karega
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Abaturiye CIMERWA Bagiye Kwimurwa

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?