Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: RSB Yahagaritse Gutanga Ikirango ‘R-Mark’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

RSB Yahagaritse Gutanga Ikirango ‘R-Mark’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 September 2024 7:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku bufatanye n’ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’imiti n’ibiribwa, Ikigo cy’lgihugu gutsura Ubuziranenge (RSB) cyatangaje ko hafashwe ingamba zo guhagarika itangwa ry’ibirango by’ubuziranenge bibiri byakoreshwaga ku bicuruzwa.

Iby’iryo tangazo byatangarijwe mu itangazo rihiriweho n’ibyo bigo.

Rivuga ko byakozwe mu rwego rwo kunoza no koroshya itangwa rya serivisi.

Ibyo birango ni icyatangwaga handikwa (R-Mark) n’icyahabwaga ibicuruzwa cya S-Mark.

Guhera taliki ya 6 Nzeri 2024 ikirango R-Mark ntikizongera gutangwa mu kwandika ibicuruzwa by’ibiribwa kandi n’abatunganya ibiribwa ntibemerewe kongera kugishyira ku nyandiko iha abaguzi amakuru yomekwa ku gicuruzwa.

Icyakora izo nzego zimenyesha abaguzi ko ibisabwa mu kwandika ibindi bicuruzwa byo bidahindutse.

Abafite ibiribwa byatunganyijwe mu nganda mbere y’italiki 6, Nzelri, 2024 bikaba bifite ikirango cya R-Mark ku gipfunyika babwiwe ko bashobora gukomeza kubicuruza kugeza igihe bizarangirira.

Abafite mu bubiko inyandiko ndangamakuru zomekwa ku gicuruzwa ziriho ikirango cya R-Mark bashobora gukomeza kuzishyira ku bicuruzwa kugeza igihe nazo zizashirira mu bubiko.

Itangazo rihuriweho na biriya bigo
TAGGED:featuredIbirangoIbiribwaIkigoUbuziranenge
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muri Nyungwe Habereye Impanuka
Next Article Gen Ruvusha Yakiriye Ubuyobozi Bw’Ingabo Z’u Rwanda Muri Mozambique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?