Rubavu: Inkangu Yagwiriye Abana Babiri

Staff Write
0 Min Read

Umwana umwe w’imyaka itanu n’undi w’imyaka itandatu bo mu Mudugugu wa Huye, mu Kagari ka Nyundo, Umurenge wa Nyundo mu Karere ka Rubavu bagwiriwe n’inkangu bagiye kuvoma barapfa.

Amakuru dufite ni uko kugeza ubu umuhati wo kubakuramo ntacyo uratanga.

Biriya byago byababayeho mu gitondo saa mbiri.

Mu Murenge wa Nyundo, Akagari ka Nyundo, Umudugudu wa Huye niho byabereye

Turacyakurikirana iyi nkuru…

Share This Article
Leave a Comment

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *