Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rusizi: Umusaza Yitwikiye Inzu Ngo Abyegeke Ku Mugore We
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Rusizi: Umusaza Yitwikiye Inzu Ngo Abyegeke Ku Mugore We

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 October 2024 8:32 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Igice kiri mu ruziga kiragaragaza aho umwotsi wacaga
SHARE

Umugabo w’imyaka 65 arakekwaho kwitwikira inzu agamije kubishyira ku mugore we. Asanzwe atuye mu Mudugudu wa Kamonyi, Akagari ka Kamurehe, Umurenge wa Gashonga muri Rusizi.

Ubugenzacyaha bukorera muri aka gace bwamutaye muri yombi kuri uyu wa Gatatu taliki 09, Ukwakira, 2024.

Ubuyobozi bw’uyu Murenge buvuga ko nubwo uwo mugabo yari akuze ndetse ashaje, ariko yakekwagaho kunywa urumogi.

Byabereye mu Kagari ka Kamurehe, Umurenge wa Gashonga muri Rusizi

Gitifu wa Gashonga witwa Mathilde Nyirangendahimana yabwiye itangazamakuru ko bamenye ko inzu y’uriya mugabo ifashwe n’inkongi bahita batabaza izindi nzego basanga ari ikinamico yari arimo ngo iperereza rifate umugore we.

Ati: “Asanzwe akekwaho gukoresha urumogi. Yabajijwe aza kwemera ko ari we witwikiye yakingiye inyuma ingufuri, aca mu idirishya ageze hanze avuza induru ngo yari atwikiwe mu nzu. Yashyikirijwe Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Sitasiyo ya Nyakarenzo”.

Abaturanyi bavuga ko bikekwa ko uriya mugabo yitwikiye agamije kubyegeka ku mugore we, bamaranye igihe kuko bafitanye abana batatu.

Umurenge wa Gashonga ni umwe mu mirenge y’Akarere ka Rusizi ikunzwe kuvugwamo ingo zibanye mu makimbirane.

TAGGED:RIBRusiziUmugoreUmurengeUmusaza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article MINEDUC Irashaka Ko Amashuri Yose Arushanwa Mu Gukora Ikoranabuhanga
Next Article Umuyaga Milton Wakuye Abanyamerika Umutima
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Mu Isanzure Haba Inyenyeri Zingahe?

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Amakipe Ya Volley Azahatanira Igikombe Cy’Intwari Yamenyekanye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

Kigali: Umusore Yishe Mugenzi We Amuziza Umukobwa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Rayon Yaguze Uwakiniraga Mukura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Mu Myaka Mike Ishize Urwango Ku Bayahudi Rwariyongereye- Amb Weiss 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abatarahererekanya Ibinyabiziga Babikore Inzira Zikigendwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Rwanda: Umubare W’Abarwara Mu Mutwe Kubera Inzoga Uriyongera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?