Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ruti Joël Yaririmbye Indirimbo Yandikiwe Na Buravan
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroPolitiki

Ruti Joël Yaririmbye Indirimbo Yandikiwe Na Buravan

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 January 2023 9:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ruti Joël yaraye atangarije abatabiriye  igitaramo “Rurasugiye” cyateguwe n’itorero Ibihame by’Imana ko hari indirimbo yandikiwe na Yvan Buravan uherutse gutabaruka.

Zimwe muri zo yaziririmbiye abari bitabiriye kiriya gitaramo.

Uyu muhanzi aherutse kumurika umuzingo yise ‘Musomandera’.

Ni  umwe mu bahanzi bakora indirimbo nyarwanda kandi mu buryo bwa gakondo.

Imwe mu ndirimbo ze zikunzwe ni iyitwa ‘Cyane’.

Hari n’izindi ndirimbo ze zikunzwe nka ‘Rwagasabo’ ikaba indirimbo iri mu zikunzwe n’abakunda umuziki gakondo  w’Abanyarwanda.

Ubwo aheruka ku rubyiniro yabanje gusaba abakobwa bari aho guhaguruka akabaririmbira indirimbo yise ‘Cunda.’

Yagize ati: “ Nakuboneye akazina nkwita Cunda we, Cunda amata we.

Yahise akomereza ku ndirimbo irata ubwiza bw’umukobwa yandikiwe na Yvan Buravan.

Ruti avuga ko iriya ndirimbo we na Buravan  bayise ‘Nyambo’.

Yahise akomereza ku ndirimbo yise ’Amariza’, ayitura abakobwa ‘bazi’ ko ari beza.

Mu magambo y’abahanzi, Ruti yita Buravan izina rua Nkongi.

Yagize ati: “Nkongi yamfashije gukora umuzingo wanjye wa mbere, nagize amahirwe yo kumugira, yansigiye Imana, nanjye reka mbaririmbire indirimbo yansigiye, nyibaririmbire uko yayiririmbye.”

Uyu muhanzi yahise aririmba indirimbo Buravan yise ’Ni Yesu’  yasohotse kuri album ’Twaje’, imaze umwaka umwe.

Iyi ni yo ndirimbo uyu muhanzi wanyuze benshi muri iki gitaramo yarangirijeho igitaramo cye.

 

TAGGED:AbakobwafeaturedGakondoRutiUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bamporiki Arasomerwa Ku Bujurire Bwe
Next Article Uwari Uhagarariye Uganda Muri Kenya Yapfuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Nigeria: Umuhanzi Ifunanya Yishwe N’Inzoka

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Abantu Babiri Bananirwa Bate Kubana?-Kagame Abaza Abashakanye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

‘Gusaranganya Shisha Kibondo’ Ni Ruswa Nini Mu Rwego Rw’Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeUbumenyi N'Ubuhanga

Tekeniki Zifasha Inyoni Kuguruka Zigishije Abantu Gukora Indege

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?