Rwanda: Abakobwa Batsinze Ibizamini Bya Leta Kurusha Abahungu

Umwanditsi wa Taarifa

Ibi bikubiye mu bimaze gutangazwa na Minisiteri y’uburezi mu kiganiro n’abanyamakuru kiri kuvugirwamo uko imitsindire ya biriya bizamini yagenze.

Abakobwa batsinze ku kigero cya 97% mu gihe basaza babo batsinze ku kigero cya 96,6%.

Muri rusange abana batsinze bangana na 96.8%.

Minisiteri y’uburezi ivuga ko abanyeshuri bangana na 93.8% ari bo batsinze ibizamini bya Leta birangiza icyiciro rusange cy’amashuri yisumbuye, muri bo abakobwa ni 92% n’aho abahungu ni 95.8%.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Inkuru irambuye ni mu kanya…

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version