Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Rwanda: Ibigo Birindwi Bicukura Amabuye Y’Agaciro Byahagaritswe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Rwanda: Ibigo Birindwi Bicukura Amabuye Y’Agaciro Byahagaritswe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 January 2024 12:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, gazi na petelori cyahagaritse ibigo birindwi byakoraga ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro kubera ko bikora ubucukuzi mu buryo buteje akaga.

Itangazo ry’iki kigo rivuga ko biriya bigo byari byaraganirijwe kenshi ngo bikosore uko bicukura ariko ntibyakurikiza ayo mabwiriza.

Handitsemo ko iki cyemezo gifashwe mu rwego rwo kwirinda ko hari abantu bakomeza guhitanwa n’ibyago bituruka ku biza biterwa n’uko ibirombe biba bidatekanye.

Ibigo byahagaritswe ni ibi bikurikira:

  • Ngali Mining Limited – License (Amethyst Concession) gikorera muri Ngororero
  • DEMIKARU – 2 Licenses gikorera muri Rubavu na Rutsiro
  • ETS MUNSAD Minerals – 1 License gikorera muri Ngororero
  • FX TUGIRANUBUMWE – 1 License gikorera muri Kamonyi
  • Ngororero Mining Company (NMC) – 2 Licenses gikorera Ngororero (Nyamisa na Nyabisindu)
  • Ets R. M. & Sons – 2 Licenses gikorera mu Bugesera
  • Union Stone – 1 license gikorera muri Rwankuba mu Karere ka Karongi.
Itangazo rihagarika biriya bigo

Ifoto@Kigali Today

TAGGED:AgaciroAmabuyefeaturedIbirombeIkigo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urukiko Rw’Ikirenga Rwatesheje Agaciro Ikirego Kinenga Ububasha Bwa RIB Bwo Gusaka
Next Article Katumbi Yasabye Abamushyigikiye Guhaguruka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Imwe Mu Makipe Yo Muri Sudani Yikuye Muri Shampiyona Y’u Rwanda

Ruhango: Hatangiye Iperereza Ku Mugabo Bikekwa Ko Yishwe N’Abo Yasengereye

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

You Might Also Like

Mu mahanga

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

U Rwanda Na Saudi Arabia Mu Gufasha Abaturage Gutekesha Gazi 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Kagame Yaganiriye N’Ubuyobozi Bw’Ihuriro Rw’Ubukungu Ku Isi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?