Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro kirasaba abasoreshwa kwishyura avansi ya mbere y’umusoro ku nyungu kandi bakabikora mu gihe cyagenwe. Ngo ntibagomba gutegereza ‘ifirimbi ya nyuma.’ Mu...
Mu gihe hasigaye iminsi micye ngo italiki ntarengwa yo kuba abasoreshwa barangije gutanga imisoro igere( ni Taliki 16, Gicurasi), Komiseri wungirije ushinzwe abasora n’itumanaho Jean Paulin...