Mu Nteko ishinga amategeko y’u Rwanda hari gutorwa umushinga w’itegeko rizagenga Polisi y’u Rwanda mu gihe kiri imbere. Muri ryo harimo ingingo ya 63 ivuga ko...
Muri Raporo ya Transparency International-Rwanda yaraye itangajwe handitsemo ko mu nzego zakorewemo ubushakashatsi mu rwego rwo kureba uko ruswa y’igitsina n’ihohoterwa rishingiyeho ihagaze, mu Nteko ishinga...
Jean de Dieu Shikama wakundaga kwigaragaza nk’uhagarariye abatuye ahitwa Kangondo mu Murenge wa Remera yatawe muri yombi. Amakuru avuga ko akurikiranyweho gukurura amacakubiri no gupfobya Jenoside...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi, (RICA) buvuga ko umucuruzi cyangwa umunyenganda utazamanika ibiciro ahagaragara, azabihanirwa. Byatangajwe mu nyandiko yasohowe n’Iki...
Jacob Oulanyah wayobora Inteko ishinga amategeko ya Uganda yitabye Imana nk’uko itangazamakuru rya Uganda ribitangaza. Yari Perezida wa 11 wa Uganda wasimbuye Rebecca Kadaga. Countrymen and...