Amatora ya Perezida wa FIFA amaze gutorera Gianni Infantino kongera kuyobora FIFA muri Manda y’imyaka ine. Aya matora ari kubera muri BK Arena akaba yitabiriwe n’abantu...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri taliki 07, Werurwe, 2023, Perezida wa Sena y’u Rwanda Dr. Kalinda François Xavier yakiriye mugenzi we wo muri Eswatini...
Oluseguni Obasanjo wigeze kuyobora Nigeria yatangaje ko ibyavuye mu matora yegukanywe na Bola Tinubu byatekinitswe. Ngo ni ibintu bikozwe kandi mu buhanga bwinshi. Dele Alake wari...
Amajwi amaze kubarurwa mu Ntara nyinshi za Nigeria aremeza ko Bola Ahmed Tinubu ari we watorewe kuyobora Nigeria. Ibitangazamakuru mpuzamahanga birimo The New York Times na...
Ibyo imibare y’ibyavuye mu matora ya Perezida wa Nigeria biri kwerekana kugeza ubu( taliki 28, Gashyantare, 2023) birerekana ko Bola Tinubu ari we uri imbere. Asanzwe...