Nyuma yo kurahirira kuba Perezida wa Komisiyo y’amatora, Hon Oda Gasinzigwa yavuze hari kwigwa uko amatora ya Perezida wa Repubulika yahuzwa n’ay’Abadepite. Ni mu buryo bwo...
Hon Oda Gasinzigwa wigeze kuba Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango akaza no guhagararira u Rwanda mu Nteko ishinga Amategeko y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba yaraye agizwe Perezida wa...
Ubwo yari yagiye kuganira n’abaturage ngo bamugezeho ibibazo nawe azabigeze kuri Guverinoma, Abatwa bo mu gace kitwa Mwaro babwiye Minisitiri Imelde Sabushimike kubashakira amabati bagasakara inzu,...
Umwe mu bagize Guverinoma ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo witwa Jean Lucien Bussa yatangaje ko umunye-Congo udafite Se wavukiye muri kiriya gihugu ari umwanzi w’igihugu....
Komisiyo yigenga y’amatora muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo irashinjwa ko itarageza henshi ibikoresho byo gufasha abaturage kwiyandikisha kuri lisiti y’itora. Sosiyete sivile niyo ibitangaza. Babikoze...