Imvura imaze iminsi igwa mu bice byinshi bya Niger yateye imyuzure imaze guhitana abantu 83. Aba bantu babaruwe muri Komini 538 zibasiwe nawo. Intara ebyiri nizo...
Raporo yakozwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima n’irishinzwe kwita ku bana, itangaza ko bibabaje kuba hafi ½ cy’amavuriro hirya no hino ku isi nta bukarabiro bwujujwe...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe isuku n’Isukura, WASAC, bwatangaje ko guhera Taliki 10 kugeza Taliki 12 henshi mu Mujyi wa Kigali hagiye kubura amazi. Muri icyo...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe isuku n’isukura cyatangaje ko kubera ibura ry’amashanyarazi ku ruganda rutunganya amazi rwa Nzove, biteganyijwe ko ibice hafi ya byose by’Umujyi wa Kigali bizabura...
Uruganda rutunganya amazi rwitwa Jibu rwaraye rutangaje mu byo rukora byose ruba rugamije ko abanywa amazi rutunganya bagira ubuzima bwiza kandi ntibahendwe. Ruvuga ko niyo hari...