Lt Gen Mubarakh Muganga usanzwe uyobora Ikipe APR FC avuga ko abumva ko hari abanyamahanga bazakinira iyi kipe akiyiyobora ko basubiza amerwe mu isaho.Yababwiye ko iyi...
Ikip AS Kigali yegukanye igikombe cy’Amahoro cya 2022, itsinze APR FC igitego kimwe ku busa(1-0). Ibi byabaye gutenguha Lt Gen Mubarakh Muganga usanzwe uyiyobora kuko hari...
Abakunda umupira w’amaguru mu Rwanda basigaye bavuga ko ikipe ya APR FC idahagaze neza nk’uko byahoze. Babishingira ku ngingo y’uko iherutse gutsindwa na Musanze FC ndetse...
Polisi y’u Rwanda yemeje ko abantu 15 bafatiwe kuri Stade ya Kigali bakekwaho gukoresha inyandiko mpimbano, ubwo bitwazaga ibyemezo by’uko bipimishije icyorezo cya COVID-19 bikekwa ko...
Ku rubuga rw’ikipe y’umupira w’Amaguru ya APR FC hari itangazo rivuga ko Claver Kazungu wari usanzwe ari umuvugizi w’iyi kipe yambuwe inshingano. Umuntu wese ushaka kumenya...