Mu Buhinde hadutsemo indwara idasanzwe yica 50% by’abo yafashe cyangwa igakira bakuyemo umurwayi ijisho. Bayise mucormycosis. Igihangayikishije ni uko abo yibasira ari abakize cyangwa abakirutse COVID-19....
Hashize igihe abaturage ba Uganda bafite inkomoko mu Rwanda batumvikana na bagenzi babo ku kuba bitwa Abanyarwanda. Bamwe barashaka ko bivaho bakitwa Abavandimwe, mu gihe abandi...
Uyu mugabo w’imyaka 67 y’amavuko yabaye Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza guhera muri 1997 kugeza muri 2007. Mbere y’uko aba we, ntiyari yarigeze akora mu nzego z’ubuyobozi...
Ntabwo bisanzwe ko umuntu amenyekana mu gihe gito bigahuruza itangazamakuru mu rubanza rwe nk’uko biherutse kugenda kuri Idamange Iryamugwiza Yvonne. BBC, VOA, Reuters ni bimwe mu...
Perezida John Magufuli wa Tanzania yasabye ko haba indi minsi itatu yo gusenga no kwiyiriza basaba Imana kubakiza coronavirus ivugwa bushya muri iki gihugu. Mu ijambo...