Abayobozi bo mu ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubumenyi, siyansi n’umuco, UNESCO, bemeje ko ishyamba rya Nyungwe rigiye kubungwabungwa nka kimwe mu bintu biranga umurage w’isi. Byemerejwe...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu Dr. Jean Damascène Bizimana avuga aho ibiganiro byo kwemerera inzibutso za Jenoside mu Rwanda bigeze mu murage w’isi, bitanga icyizere ko...
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umuryango mpuzamahanga wamagana akarengane na ruswa, ishami ry’u Rwanda, Appolinaire Mupiganyi avuga ko ibiherutse gukorwa mu Ntara y’Amajyaruguru byo kwirukana abazana amacakubiri ari nk’itoroshi...
Ibi bikubiye mu byo Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu Dr. Jean- Damascène Bizimana yatangaje ku biherutse kuba mu bitwa Abakono. Avuga ko amoko mu Rwanda yahozeho...
Abahakana Jenoside yakorewe Abatutsi bahura n’ingorane nyinshi kubera ko hari ibihamya bidakuka byerekana ko yabaye. Urugero rwaraye rutanzwe ni urw’abaganga 157 babaruwe hirya no hino mu...