Ubuyobozi n’abaturage b’Akarere ka Burera biyemeje gukorana bya hafi ngo bave ku mwanya wa nyuma mu kwesa imihigo. Perezida Kagame aherutse kuvuga ko imwe mu mpamvu...
Umukuru w’u Rwanda mu masaha ya nyuma ya saa sita kuri uyu wa Kabiri taliki 28, Werurwe, 2023 arahura n’abanyamabanga nshingwabikorwa b’Utugari twose tw’u Rwanda. Aba...
Ubwo yatangazaga uko uturere tw’u Rwanda twesheje imihigo ya 2022-2023, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yavuze ko Akarere ka Burera ari ko kabaye aka nyuma ndetse...
Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze n’abaturage yafashe ibilo 14 by’urumogi byafatiwe mu Karere ka Burera. Aha kandi hanafatiwe litiro 22 za kanyanga. Si i...
Abasore babiri bo mu Mudugugu wa Kirwa, Akagari Bugamba, Umurenge wa Kinyababa mu Karere ka Burera bakurikiranywe n’inzego z’umutekano kubera gukekwaho gukata intsinga z’amashanyarazi bakajya kuzigurisha....