Polisi y’u Burundi yatangaje ko yasoje iperereza ku barwanyi 19 iheruka gushyikirizwa n’u Rwanda, ku buryo mu minsi mike bazatangira kugezwa imbere y’inkiko ngo baburanishwe ku...
Hashize igihe gito byanditswe henshi ko abarwanyi ba M23 bagabye ibitero ku birindiro by’ingabo za Repubulika ya Demukarasi ya Congo biri mu bice bya Pariki ya...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bwashyikirije ubwa Komini Busoni ibikoresho birimo amato gakondo 22, ingashyo 31, imitego 23 n’ibindi byafatanywe abarobyi b’Abarundi barimo kuroba mu kiyaga cya...
Bamwe barabyemeza abandi bakavuga ko ari ibyo kwitondera, abantu bagategereza. Ababyemeza babishingira ku muhati umaze iminsi werekanwa n’abayobozi mu nzego za Politiki n’iz’umutekano bahuye kenshi kugira...
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu bane bakurikiranweho kwinjiza mu Rwanda ibilo 45 by’amahembe y’inzovu, yafatiwe mu modoka y’abadipolomate yanditse ku kigo SINELAC...