Umwuka w’intambara wongeye gututumba hagati y’u Burusiya na Ukraine bapfa agace ka Donbass. Ibihugu byombi biheruka kurwana muri 2014 bipfa agace ka Crimée. Iyo ntambara yarangiye...
Ingabo za Repubulika ya Centrafrique zigaruriye umujyi witwa Bossangoa, uyu ukaba ari wo mujyi François Bozizé akomokamo. Uyu mugabo niwe uvugwaho kuyobora abarwanyi bamaze iminsi bateza...
Ni ubwa mbere mu mateka abantu banduye ibicurane by’ibiguruka. Aya makuru ateye ubwoba yatangajwe bwa mbere mu Burusiya aho abakozi barindwi bo mu kigo cyorora inkoko...
Ni intambara bamwe bise iy’ubutita nka yayindi yari hagati ya Leta zunze ubumwe z’Amerika na Leta zunze ubumwe z’Abasoviyete yatangiye muri 1947 irangira muri 1991. Iyi...
Umuyobozi w’Umujyi wa Bambara witwa Abel Matchipata avuga ko hari abarwanyi bigaruriye umujyi asanzwe ayobora. Umujyi wa Bambari uri mu bilometero 380 uvuye mu Murwa mukuru...