Perezida wa Ukraine Volodymyr Zelensky niwe Muyahudi washyizwe ku mwanya wa mbere ku isi mu bafatwa nk’abavuga rikijyana. Intambara amaze iminsi arwana n’u Burusiya yatumye ahinduka...
Kuri uyu wa Gatatu Perezida w’u Burusiya Vladminir Putin yatangaje ko agiye kugaba ½ cy’ingabo z’u Burusiya zikajya kurwana muri Ukraine. Yasabye abasirikare bari baragiye mu...
Perezida Vladmir Putin yavuze ko agiye kwisubira ku cyemezo yari yarafashe cyo kudohorera ingano zavaga muri Ukraine zikajya mu Burayi kubera ko yaje gusanga Abanyaburayi bazikubira,...
Kubera ko imbaraga zo gukoresha bashyushya cyangwa bakonjesha ingo zabo zagabanutse kubera ibibazo bafitanye n’u Burusiya, abaturage b’u Buholandi basabwe kutarenza iminota itanu biyuhagira. Ni ikibazo...
Sena y’Amerika iherutse gutora umushinga w’itegeko wo guhana ibihugu by’Afurika Washington ifata nk’abafatanyabikorwa b’ubutegetsi bwa Moscow. Muri Afurika bo bavuga ko ibyo ari ukwivanga mu mikorere...