Hafi y’u Rwanda intambara iraca ibintu mu Burasirazuba bwa DRC, muri Mozambique irakomeje hagati y’abarwanyi bavugwaho iterabwoba n’ingabo za Leta zifatanyije n’iz’ibihugu by’inshuti, u Burusiya na...
Nyuma gusenya ibikorwa remezo by’amashanyarazi yacaniraga igice kinini cy’Umurwa mukuru wa Ukraine, Kiev, indege z’intambara z’u Burusiya zatwitse ibigega byari bihunitse litiro 100,000 bya benzène indege...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere taliki 17, Ukwakira, 2022 abaturage bo mu murwa mukuru wa Ukrane, Kiev, bazinduwe n’urusaku rukomeye rw’ibisasu byiraswaga n’indege za...
Umwe mu bantu bahoze ari ba maneko bakuru muri Israel aherutse gutangaza ko hari ikigo cy’abanya Israel giha ubutegetsi bwa Ukraine amakuru y’aho abasirikare b’u Burusiya...
Umugabo wigeze kuba umugaba w’ingabo z’Amerika muri Afghanistan akaba n’umuyobozi w’ikigo cy’ubutasi bw’Amerika, CIA, ( Rtd) Gen David Petraeus yavuze ko Amerika iri gucungira hafi u...