Rupiah Bwezani Banda wigeze kuyobora Zambia hagati y’umwaka wa 2008 kugeza mu mwaka wa 2011 yaraye atabarutse nyuma y’igihe yari amaze arwaye cancer. Mu mwaka wa...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye igihembo u Rwanda rwahawe kubera umuhati rwashyize kandi rugishyira mu kurwanya cancer. Yabwiye abateguye ririya rushanwa ko kuba Rwanda rwarageze ku...
Ibiro Bya Minisitiri w’Intebe wa Malaysia bitangaza ko Minisitiri w’Intebe wa kiriya gihugu witwa Muhyiddin Yassin yajyanywe mu bitaro kubera impiswi zikomeye. Byatangarijwe mu itangazo ryasohowe...
Hari abantu batekereza ko umuntu mwiza( ku ruhu) ari uw’inzobe, ibi bigatuma bamwe bakoresha amavuta arimo ikinyabutabire kitwa bita hydroquinone kugira ngo babe inzobe. Kuba inzobe...
Kubana n’umunywi w’itabi byongerera utarinywa ibyago bingana na 51% byo kurwara cancer yo mu kanwa. Icyari gisanzwe kizwi ni uko byateraga cancer y’ibihaha utarinwa. N’ubwo umuntu...