Icyorezo COVID-19 cyaraye kishe Umunyarwanda wo mu Karere ka Nyamasheke. Hari hashize igihe kirekire imibare y’abandura iki cyorezo iri hasi ndetse nta muntu yaherukaga kwica. Minisiteri...
Ushinzwe ibikorwa muri Ambasade ya Leta zunze ubumwe z’Amerika mu Rwanda(Chargé d’Affaires) witwa Deb MacLean yatangaje ko igihugu cye cyahaye u Rwanda inkingo 254,400 za COVID-19...
Ikigo kiswe Health Tech Hub kigiye kubakwa mu Rwanda mu rwego rwo gufasha abahanga udushya mu by’ubuvuzi bukoresha ikoranabuhanga kubona aho bakorera hujuje ibisabya. Uyu mushinga...
Perezida Paul Kagame yaraye abwiye bagenzi be bayobora ibindi bihugu by’Afurika ko kuba ubwo inkingo za COVID-19 zakorwaga ibihugu bikize byarabanje gukingira ababituye, bikaza gusagurira iby’Afurika,...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko imibare itangwa na Minisiteri y’imari n’ingenamigambi ndetse n’izindi nzego z’ubukungu bw’u Rwanda yerekana ko ubukungu bwarwo mu mwaka wa...