Polisi yatangaje ko ku wa 20 Gashyantare, ku bufatanye n’izindi nzego yafatiye mu Karere ka Nyagare umukozi wo kwa muganga w’imyaka 35, akekwaho guha abantu ibyemezo...
Ni ngombwa gusobanura ingingo ebyiri zigirana isano iri hagati y’ikoranabuhana n’imari. Imari ni ukuvuga umutungo uvunjwe mu mafaranga umuntu atunze n’aho ikoranabuhanga rivuze uburyo bushya bwo...
Ingoro y’Ubwami bw’u Bwongereza, Buckingham Palace, yemeje ko Umwamikazi Elizabeth II yanduye COVID-19, ariko afite ibimenyetso byoroheje bisa n’iby’ibicurane. Ubuyobozi bw’Ibwami bwatangaje ko uyu mwamikazi w’imyaka...
Umuturage wo mu Murenge wa Rugengabali mu Karere ka Burera yatawe muri yombi nyuma y’uko Polisi ibwiwe n’Umujyanama w’ubuzima ko uwo muturage yapimwe bakamusangamo COVID-19, aho...
Abashakashatsi bo muri Denmark babonye ko Omicron yihinduranyije yikoramo ubundi bwoko bise BA.2. Bavuga ko ubu bwoko bushya bwandura cyane kurusha ubwari busanzweho bwa BA.1 Igiteye...