Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Dr Tharcisse Mpunga avuga ko kuba hari abantu batarikingiza mu buryo bwuzuye, biri gushyira ubuzima bw’abikingije mu bibazo. Kuri we...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yaraye abwiye abahagarariye ibihugu byabo mu Rwanda ko n’ubwo abatuye iki gihugu bakennye kandi bimaze igihe, ariko ni abaturage bazi kubaha...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita k’ubuzima, WHO/OMS, rivuga ko mu gihe kiri imbere kandi kitarambiranye ku isi hazaduka ubundi bwoko bwa COVID-19 bwihinduranyije bwandura vuba kandi bukazahaza...
Ubuyobozi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi, WHO/OMS rivuga ko hari imibare yerekana ko ubwandu bwa COVID-19 bwongeye kuzamuka hamwe na hamwe ku isi, bityo...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente yaraye yakiriye intumwa za Banki y’Isi zaje kureba uko u Rwanda rukoresha inkunga n’inguzanyo iruha. Yazakiriye bagirana ibiganiro birambuye byagarutse cyane...