Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), Ursula von der Leyen, yatangaje ko ugiye gutanga miliyari €1, izakoreshwa mu kubaka ibigo bikora inkingo za COVID-19...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Afurika y’Epfo n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi byabaye bihagaritse gukingira COVID-19 bikoresheje urukingo rwa Johnson & Johnson (J&J), nyuma y’uko ruvuzweho ibibazo...
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burundi Ambasaderi Albert Shingiro yagiranye ibiganiro na Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi barebera hamwe uko ibihugu byombi byazanzumura umubano. Ubutumwa Shingiro yashyize...
Mu buryo butunguranye, Perezida w’Afurika y’Epfo akaba ari nawe uyoboye Umuryango w’Afurika yunze ubumwe Cyril Matamela Ramaphosa yatangaje ko Inama yari buhuze Abayobozi bakuru bawo n’ab’Umuryango...