Nyuma y’uko Intambara yongeye kwaduka mu gace ka Masisi na Rutshuru mu burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, inyeshyamba zikaba zari zimaze iminsi zarigaruriye ibice...
Leta y’u Rwanda igiye guhabwa izindi nkingo 100,620 za Pfizer, muri gahunda mpuzamahanga yo gufasha ibihugu bikiri mu nzira y’amajyambere kubona inkingo za COVID-19, COVAX. Kuri...
U Rwanda n’u Budage byasinye amasezerano y’inkunga ya miliyoni € 78 – miliyari zigera kuri 90 Frw – azashyirwa mu bikorwa birimo kwegereza abaturage ubuyobozi, imiyoborere...
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo Jean-Michel Sama Lukonde yatangaje guverinoma nshya, igomba gusimbura iya Ilunga Ilukamba wari Minisitiri w’Intebe, uheruka kwegura. Ku wa...
Perezida Paul Kagame yavuze ko yagiranye ibiganiro n’ibigo bikora inkingo za COVID-19, agaragaza ko bikenewe ko zitangira gukorerwa kuri uyu mugabane kugira ngo zibashe kugera kuri...