Abaturage bo mu Murenge wa Kibangu Akarere ka Muhanga bavuga ko zimwe mu mpamvu zikomeye ziteza amakimbirane mu ngo ari ubushoreke no kutumva neza ihame ry...
Mu Mujyi wa Nineveh muri Iraq habereye ibyago bikomeye by’inkongi yadutse mu bukwe yica abantu 100 barimo umukwe n’umugeni. Imibare y’abaganga ivuga ko abandi bantu 150...
Abaturiye urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro n’abandi bose babiboneye umwanya baje kare aho uru rukiko rwubatse hafi y’Ibiro by’Akarere ka Kicukiro ngo baze kumva ikatwa ry’urubanza rwa...
Tekereza uko byaba bigayitse uramutse uri umuyobozi w’ikigo runaka ariko ukaba uzwiho kugira amatiku, guseka ubusa, kurakazwa n’ubusa…mbese witwara nk’abana? Kumenya gushyira ku murongo amarangamutima ni...
Saa cyenda z’amanywa nibwo urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ruri butangaze umwanzuro warwo ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rya Kazungu Denis ukekwaho ibyaha bw’ubwicanyi bugambiriwe. Ubwo yitabaga uru...