Ishimwe Patrick wari umukinnyi utanga icyizere mu mukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda, yishwe n’impanuka y’imodoka yabereye mu Karere ka Kamonyi kuri uyu wa Gatandatu....
Itsinda ry’abashoramari bo muri Qatar riyobowe na Ambasaderi w’iki gihugu mu Rwanda, Abdulla Bin Mohammed A. Al Sayed bagiranye ikiganiro kihariye na Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umukino w’amagare...
Ibibazo byo muri FERWACY byatangiye kumenyekana ubwo Ishami rya Taarifa ryandika mu Cyongereza ryabitangazaga. Havugwagamo itonesha na ruswa ndetse byaje gutuma uwahoze ayobora iri shyirahamwe ry’umukino...
Nyuma y’uko isiganwa ku magare mu irushanwa ryo kuzenguruka u Rwanda rirangiye ryegukanywe n’umunyamahanga, Abanyarwanda baryitabiriye basabye Minisiteri ya Siporo na FERWACY kubategurira imyitozo myinshi kugira...
Irushanwa ry’amagare rya Tour du Rwanda ryakomeje kuri uyu wa Kabiri ryerekeza mu Karere ka Huye, nyuma y’agace ka mbere kabaye kuri iki Cyumweru kagasorezwa i...