Dr Kirabo Kacyira Aissa uhagarariye u Rwanda muri Ghana yashimye abatuye ba kiriya gihugu ko bakunda ubukerarugendo ariko abasaba kurushaho kuko ari ingenzi mu guteza imbere...
Abanyemari b’Abanyarwanda bari muri Ghana mu ruzinduko rw’iminsi irindwi biga uko bashora imari muri kiriya gihugu kiri mu bikize kuri Petelori kurusha ibindi mu gace giherereyemo...
Umuryango w’ibihugu bigamije ubufatanye mu bukungu muri Afurika y’i Burengerazuba( CEDEAO) waraye ufashe umwanzuro wo gukomanyiriza Mali, igahagarikwa mu mikorere yawo yose yerekeye ibya Politiki. Uyu...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, WHO, ryatangaje ko urukingo rwa RTS,S rurimo kwifashishwa mu gukingira malaria mu bana, rumaze guhabwa abasaga 650.000 mu bihugu bya...
Inama yabaye hagati y’abahagarariye u Rwanda na Ghana igizwe n’abakora mu by’ubukungu cyane cyane mu bikorera yaganiriye uko ibihugu byombi byakwagura imikoranire mu bucuruzi. Niyo nama...