Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko hari imirenge imwe n’imwe yo mu Ntara yashyize muri Guma mu rugo. Iyi Minisiteri ivuga ko byatewe n’ubwiyongere bw’icyorezo COVID-19 bumaze...
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko mu rwego rwo gushimangira intambwe imaze guterwa mu kugabanya umubare w’abanduye COVID-19 n’abahitanwa nayo, yongereye iminsi itanu ku gihe cyo gushyira...
Polisi y’u Rwanda yerekanye umugabo wo mu Mujyi wa Kigali wafashwe atwaye mu modoka umukozi wo mu rugo rwe urwaye COVID-19, arimo kugerageza kumusubiza iwabo mu...
Ibipimo bya Minisiteri y’Ubuzima byagaragaje ko Umujyi wa Kigali ukomeje kwibasirwa n’icyorezo cya COVID-19, nyuma y’uko ibyafashwe kuri iki Cyumweru bigaragaje abantu 2225 bashya banduye. Bivuze...
Umujyi wa Kigali watangaje ko guhera kuri uyu wa 18 Nyakanga hatangira gahunda yo gutanga ibiribwa ku baturage batishoboye, mu midugudu igize Umujyi wa Kigali n’Uturere...