Abakoresha imbuga nkoranyambaga bakomeje kuvuga byinshi nyuma y’imyanzuro yatangajwe n’Urwego rw’Iterambere (RDB) ku mabwiriza ajyanye na Guma mu rugo iteganyijwe ku wa 17 – 26 Nyakanga...
Guhera kuri uyu wa Gatandatu, abaturarwanda bazinjira mu minsi 10 yo kuguma mu rugo nka bumwe mu buryo bwo guhagarika ikwirakwira rikabije ry’ubwandu bushya bwa COVID-19....
Minisitiri w’Ubuzima Dr Ngamije Daniel yatangaje ko hari abantu bakeya bakingiwe COVID-19 ariko bayandura bakaremba ndetse bagapfa, bitewe n’indwara zikomeye bari basanganywe. Yabigarutseho kuri uyu wa...
Abantu biringiraga resitora gusa ngo babashe gukora ku munwa, mu minsi ibiri isigaye bagomba kwiyegereza ishyiga rya gaz, amashanyarazi cyangwa imbabura, kugira ngo bazabyifashishe muri guma...
Kubera ubwiyongere budasanzwe bwa COVID-19 mu Mujyi wa Kigali no mu Turere twa Burera, Gicumbi, Kamonyi, Musanze, Nyagatare, Rubavu, Rwamagana na Rutsiro, inama y’abaminisitiri yafashe icyemezo...