Amakuru Taarifa yemenye ariko igikusanya aravuga ko ahitwa mu Agakiriro mu Murenge wa Gisozi hari gushya. Aha hantu hazwiho gukorerwa ubukorikori bwinshi hakunze gushya. Abashinzwe ubutabazi...
Ubuyobozi mu Rubyiruko rw’abakorerabushake cyane cyane abo mu Karere ka Kicukiro, buvuga ko mu kazi bakora ko gukangurira abantu gukurikiza amabwiriza kuri COVID-19 hari bamwe babafata...
Imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ubuzima (RBC) igaragaza ko guma mu rugo yasize umubare w’ubwandu bushya n’abajyanwa mu bitaro kubera COVID-19 ugabanyutse mu Mujyi wa Kigali, ikibazo gisa...
Mu murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro hari umuyobozi uherutse gutabwa muri yombi na Polisi y’u Rwanda nyuma y’uko ibonye ibirego by’uko yanyereje umuceri, akawunga...
Inama y’abaminisitiri yemeje ingamba nshya zo gukumira ikwirakwira rya COVID-19, aho guma mu rugo yaherukaga gushyirwaho mu Mujyi wa Kigali n’Uturere umunani yakuweho. Imyanzuro yafashwe kuri...