Mu Murenge wa Cyato mu Karere ka Nyamasheke hari abaturage bavuga ko bagejeje ikibazo cyabo ku nzego zitandukanye bazibwira ko barenganye kuko babariwe agaciro k’imitungo ubwo...
Umugore wari umaze igihe gito ashyingiwe wo mu Murenge wa Bugarama Akarere ka Rusizi yandikiye ibaruwa inzego zirimo ubuyobozi bw’Intara y’i Burengerazuba n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB)...
Umuyobozi wa Polisi wungirije ushinzwe abakozi n’ubutegetsi DIGP Jeanne Chantal Ujeneza ubwo yagezaga kuri bamwe mu baturage bo mu Ntara y’i Burengerazuba inkunga Polisi yabageneye mu...
Kuri uyu wa Gatanu Guverineri w’Intara y’i Burengerazuba François Habitegeko yaraye ahuye na mugenzi we uyobora Intara ya Cibitoke witwa Bizoza Carême, bemeranya ko bazajya buhura...
Jean de Dieu Ngabonzima usanzwe uyobora Akagari ka Kinigi ko Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu yanditse ibaruwa asaba Ubuyobozi bw’Akarere gutesha agaciro indi avuga...