Umushumba wa Kiliziya Gatulika Papa Francis yanditse ibaruwa mu Gisipanyolo asobanura neza icyo yashakaga kuvuga ubwo yatangazaga ko abavuga ko ubutinganyi ari icyaha gikwiye guhanwa n’inkiko(...
Umushumba wa Kiliziya gatulika Papa Francis yahishuye ko mu mwaka wa 2013 ubwo yafataga inkoni y’ubushumba bwa Kiliziya gatulika, yananditse ibaruwa ivuga ko ubuzima niburamuka bumutengushye...
Umukinnyi wa Filimi uri mu bakomeye ku isi witwa Will Smith yaraye yeguye mu itsinda ry’abagize inama itanga ibihembo by’abakinnyi ba Filimi ryitwa Academy of Motion...
Abayobora Umuryango uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi haba mu Rwanda no mu mahanga banditse ibaruwa ya paji ebyiri isaba ubuyobozi bwa Kaminuza ya Cambridge kutazaha...
Nyuma y’uko hasohotse inyandiko irimo ibyo abanyamateka b’Abafaransa batangaje ko birimo kwemera uruhare rw’u Bufaransa mu mateka yabanjirije Jenoside yakorewe Abatutsi, Jenoside ubwayo na nyuma yayo...