Muri Gashyantare, 2012 nibwo ikigo gitanga serivisi z’itumanaho n’ikoranabuhanga, Airtel, cyatangiye gukorera mu Rwanda. Nyuma yo kugeza byinshi ku Banyarwanda, ubu yazanye indi gahunda yoroshya itumanaho...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa mu bucuruzi no kurengera umuguzi, (RICA) buvuga ko umucuruzi cyangwa umunyenganda utazamanika ibiciro ahagaragara, azabihanirwa. Byatangajwe mu nyandiko yasohowe n’Iki...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro ku isoko mu mijyi byiyongereyeho 5.8% muri Gashyantare 2022, mu gihe muri Mutarama izamuka ryari 4.3%....
Urebye uko ibiciro byazamutse haba aho muri karitsiye usanzwe uhahira ibintu by’ibanze birimo ibiribwa, haba ku kabari aho ujya ufatira kamwe, wacyeka ko ari umwihariko muri...
Ikigo cy’igihugu gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro ku isoko mu mijyi byiyongereyeho 4.3% muri Mutarama 2022, ugereranyije na Mutarama 2021. Ukuboza 2021 izamuka...