Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko mu bigo by’ubuvuzi hazakomeza gukurikizwa amasaha asanzwe mu gihe abandi bakozi bo bazajya batangira saa tatu za mu gitondo. Kuri Twitter Minisiteri...
Umukecuru Nyiramandwa Rachel usanzwe ari inshuti ya Perezida Kagame yatabarutse. Yazize uburwayi nk’uko amakuru Taarifa ifite abyemeza. Ngo yari amaze iminsi arwariye mu Bitaro bya Kaminuza...
Umwe mu baganga bo mu Bitaro bya Nyanza yafunzwe n’Urwego rw’ubugenzacyaha akekwaho icyaha cyo gusambanya umwana wari wagiye kwa muganga ngo bamusuzume, avurwe. Uwo mwana afite...
Igikomangoma Bajrakitiyabha wa Thailand ari mu bitaro nyuma yo gufatwa n’umutima ubwo yari ari muri siporo. Uyu mugore w’imyaka 44 y’amavuko yikubise hasi ari kumwe n’imbwa...
Mu Murenge wa Busasamana ahari Gare ya Nyanza haraye hapfiriye umusaza w’imyaka 56 wari waje gutega imodoka. Yahageze aricara arayitegereza ariko apfa ataramugeraho. UMUSEKE wanditse ko...