Romami André Fils wigeze kuba umukinnyi ukomeye wa APR FC na ATRACO FC ndetse akagakina no mu kipe y’igihugu, Amavubi, yatawe muri yombi taliki 24, Werurwe,...
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse ko Umunyakenya Owino Iman akomeza gufugwa iminsi 30 y’agateganyo, mu gihe hagikorwa iperereza ku byaha akurikiranyweho. Uyu musore w’imyaka 20 utuye...
Umuyobozi w’Intara y’i Burasirazuba n’umuyobozi wa Polisi muri iyi Ntara baganirije abamotari ku kwirinda ibyaha. Nyuma abamotari bafashwe batanze ubuhamya bw’uko binjije ibiyobyabwenge bagafatwa. Kuri uyu...
Umuhanzi Tuyishime Joshua wamamaye nka Jay Polly yitabye Imana mu ijoro ryakeye azize uburwayi, nk’uko amakuru agera kuri Taarifa abyemeza. Uyu musore yari afunganywe by’agateganyo na...
Nibwo bwa mbere mu mateka y’ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge muri Amerika, hafashwe ibiyobyabwenge bifite agaciro kageze kuri miliriya y’amadolari y’Amerika. Ibiyobyabwenge byafashwe ni toni 27 za cocaine n’ibilo...