Perezida wa Cameroun Paul Biya yategetse ko uwatozaga Ikipe y’igihugu avanwaho agasimbuzwa icyamamare Rogobert Song. Iyi kipe yari isanzwe itozwa n’umugabo ukomoka muri Portugal witwa Toni...
Umukuru w’u Rwanda Paul Kagame yaraye yakiriwe na mugenzi we uyobora Senegal witwa Macky Sall mu ruzinduko yakoreye muri kiriya gihugu. Mu ruzinduko rwe harimo no...
Abagabo batatu bigeze kuba ibyamamare bibiri ari bo Robert Pires w’imyaka 47, Ray Parlour nana David Seaman biteze gukinira Arsenal mu myaka ya 1992 kuzamura kugeza...
Rutahizamu wa Arsenal witwa Pierre-Emerick Aubameyang yatangaje ko avuye muri Arsenal ababaye kuko agiye adasezeye bagenzi be ngo bishimane. Hari amakuru avuga ko uyu mugabo agiye...
Muri Portugal hari ikipe yitwa FC Sétubal iri kunuganuga umuzamu wa Rayon Sports witwa Abouba Bashunga ngo ajye kuyikinira. Hari amakuru avuga ko iriya kipe yamutumiye...