Polisi y’u Rwanda yabwiye RBA ko hari bamwe bajya gukora ikizamini cyo gutwara ibinyabiziga batarabanje kubyigira bihagije. Bajyayo bagiye ‘kugerageza amahirwe’. Byatangajwe n’Umuvugizi wa Polisi y’u...
Abibwira ko amafaranga Elon Musk acuruza yose ari aye ku giti cye nk’uko ingingo z’umubiri we ari ize ku giti cye, baribeshya! Afite abandi banyamigabane bashoye...
Mu masaha ashyira ay’urukerera ku wa Kabiri , umusirikare ufite ipeti rya Corporal yagongesheje imodoka ufite ipeti rya Brigadier General aramwica. Uwakoze ibi yitwa Corporal Abayomi...
Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo avuga ko abaturage bikoze bashumika imodoka za MONUSCO basanze ahitwa Kanyaruchinya hafi y’umujyi wa Goma. Ni amakuru atangazwa...
Imibare iherutse gutangazwa n’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda ivuga ko mu mpanuka 12 zahitanye ubuzima bw’abantu zabaye kuva mu ntangiriro z’iki...