Ishami ry’Umuryango w’abibumbye rishinzwe ubuzima ( WHO) ryohereje abahanga mu by’ubuzima muri Sudani y’Epfo gukusanya amakuru hagamijwe kumenya indwara ihamaze iminsi, ikaba imaze guhitana abantu 89....
Abakora mu nzego z’ubuzima muri Guinea baratangaza ko hari umuntu wahitanywe n’indwara iterwa na Virusi yitwa Marburg kandi ngo iyi ndwara nidakumirwa hakiri kare ishobora kuzaba...
Taarifa yabajije Dr Aimable Mbituyumuremyi ushinzwe ibikorwa byo kurwanya Malaria mu Kigo cy’igihugu cy’ubuzima aho ubwandu bwayo buhagaze mu Rwanda avuga ko Malaria igihari kandi ifata...
Ikawa ni kimwe mu binyobwa bitari amazi bikundwa kurusha ibindi ku isi. Bamwe bavuga ko ihumura neza, abandi bakemeza ko itera akanyabugabo mu kazi, ariko abahanga...
Ni inyamaswa idasanzwe haba mu miterere y’umubiri wayo no mu miterere y’ubudahangarwa bwawo. Uretse kuba ari inyoni iguruka, agacurama gafite isura y’imbwa. Iyi nyamaswa ivanze gusa...