Muri Ituri haravugwa inkuru y’urupfu rw’abasirikare 15 bishwe n’abarwanyi b’umutwe CODECO URDPC. Ubu bwicanyi bwabereye ahitwa Djugu kuri uyu wa Gatanu taliki 27, Mutarama, 2023. Intumwa...
Umuvugizi w’ingabo za FARDC zikorera muri Kivu y’Amajyaruguru witwa Lt Col Njike Kaiko yavuze ko ari bo, mu mayeri ya gisirikare, baretse k’ubushake M23 ifata umujyi...
Mu mwaka wa 2022 ingabo z’u Bufaransa zazinze utwangushye ziva i Gao muri Mali aho zari zimaze imyaka zikambitse. Nyuma yo kwirukanwa muri iki gihugu zimwe...
Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda byasohoye ‘irindi’ tangazo ryiyama ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ribusaba guhagarika ubushotoranyo bwayo. Ni nyuma y’uko indi ndege...
Ubwo Polisi ya Congo yarasaga ibyuka biryana mu maso yirukana abaje kwigaragambya nk’uko yari yabitanzeho umuburo, abanyamakuru batatu bakomeretse bikomeye abandi barafatwa bajya guhatwa ibibazo. Abanyamakuru...