Guhera kuri uyu wa Mbere Taliki 16, Mutarama, 2023 mu Rwanda hatangijwe imyitozo ikomatanyije ihuriza hamwe ingabo zo mu bihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba, EAC....
Imibare y’agateganyo ivuga ko abantu 40 ari bo bamaze kubarurwa ko bapfiriye mu mpanuka y’indege yabereye muri Nepal. Iriya ndege yari irimo abantu 72, ikaba yavaga...
Umugaba mukuru w’ingabo za DRC witwa Général Christian Chiwewe yasabwe n’abagize Sosiyete sivile yo mu bice bya Nyiragongo kwirukana uruhenu abarwanyi ba M23 aho bari hose....
Amashusho bivugwa ko yafashwe n’abarwanyi ba M23 yacishijwe kuri Twitter, arerekana intwaro yemeza ko zatawe n’abacanshuro bafasha FARDC ku rugamba. Mu mezi make ashize nibwo bamwe...
Guhera kuri uyu wa Mbere Taliki 09, Mutarama, abasirikare b’u Rwanda batangiye kwambara amapeti mu gituza ku myambaro itari iyo mu Biro cyangwa mu birori. Aya...