Abakurikiranira hafi ibiri kubera muri Ukraine aho u Burusiya bwagabye igitero ndetse n’uburyo Amerika n’ibindi bihugu bigize OTAN/NATO biri kubyitwaramo, baremeza ko intambara iri hafi gukara...
Ibiciro ku isoko mu Rwanda bikomeje gutumbagira, ndetse byitezwe ko bizakomeza bitewe n’ingaruka intambara u Burusiya bwashoje kuri Ukraine ishobora kugira ku bucuruzi mpuzamahanga. Minisitiri w’Ubucuruzi...
Ubuyobozi bw’Ikigo ntangazamakuru cy’Abongereza, BBC, bwatangaje ko bubaye buhagaritse imirimo yabwo i Moscow mu rwego rwo gusubiza ku cyemezo ubuyobozi bwa kiriya gihugu bwafashe cyo ‘gufunga...
Minisiteri y’ingabo z’u Burusiya yatangaje ko abasirikare bari muri Ukraine babaye bahagaritse intambara kugira ngo bahe abashaka guhunga uburyo bwo gusohoka mu gihugu. Ni umwanzuro wafashwe...
Louise Mushikiwabo wigeze kuba Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda igihe kirekire, avuga ko ibiri kubera muri Ukraine bidakwiye. Avuga ko nk’umuntu ukomoka mu gihugu cyahuye na...